Day: 11 May 2020

ICYIGISHO CYO KU WA MBERE TARIKI 11-05-2020 TUGEZWAHO NA FRANCOISE NDIHOKUBWIMANA

Ibanga ryokugendana n’Imana. Ndifuza ko tuganira kubihe 2 bikuru bigize inzira y’ubuzima bw”umwana w’umuntu 🔹IBIHE BY’UMUNEZERO(ibihe_ byiza)🔹IBIHE BIKOMEYE (ibihe nakwita ko ari bibi) đź“–1samweli24:5_6:Maze abantu ba Dawidi baramubwira bati” uyu niwo munsi Uwiteka yakubwiraga ati’ nzakugabiza umwanzi wawe uzamugenze uko ushaka .,Dawidi arahaguruka agesa ku kinyita cy”umwambaro wa sawuli bucece.Hanyuma Dawidi agira umutima umuhana kuko …

ICYIGISHO CYO KU WA MBERE TARIKI 11-05-2020 TUGEZWAHO NA FRANCOISE NDIHOKUBWIMANA Read More »

ICYIGISHO CYO KU WA GATANU TARIKI 08-05-2020 TUGEZWAHO NA MUKANYIRIGIRA GLORIOSE

Theme KOMEZA ICYUFITE. MWIYAGUKA RYAWE 2ABAMI. 6:1. Bukeye abana b’abahanuzi babwira Elisa bati “Dore aho tuba imbere yawe hatubera hato. 2. Noneho turakwinginze reka tujye kuri Yorodani umuntu wese akureyo igiti, twiyubakire aho kuba.” Arabemerera ati “Nimugende.” 3. Umwe muri bo aravuga ati “Ndakwinginze emera kujyana n’abagaragu bawe.” Aramusubiza ati “Yee, ndaje.” 4. Nuko barajyana. …

ICYIGISHO CYO KU WA GATANU TARIKI 08-05-2020 TUGEZWAHO NA MUKANYIRIGIRA GLORIOSE Read More »

ICYIGISHO CYO KU WA KANE TARIKI 07-05-2020 TUGEZWAHO NA NDAYISENGA JEAN PIERRE

ICYIGISHO CYO KUWA KANE 7/5/2020 Thème: “IMPAMVU Z’URWITWAZO. Bose batangira gushaka impamvu z’urwitwazo bahuje umutima… (Luka 14:18a) Mu gihe Yesu yari kumwe n’abigishamategeko n’abafarisayo,abigisha, akora ibitangaza imbere yabo ariko benshi bamugenza bamushakaho impamvu. Mu gihe yabigishirizaga mu migani kwicisha kugucika, umwe mu basangiraga ariko arabyishimira niko kongera kubacira undi mugani by’umuntu watetse ibyo kurya byinshi …

ICYIGISHO CYO KU WA KANE TARIKI 07-05-2020 TUGEZWAHO NA NDAYISENGA JEAN PIERRE Read More »

ICYIGISHO CYO KU WA GATATU TARIKI 06-05-2020 TUGEZWAHO NA ALEXIS TUGIRIMANA

Bene Data,ndabasuhuje mu izina ry’umwami wacu Yesu Kristo. Ijambo ry’Imana tuganiraho riragira riti:HAGARARA NEZA MU GIHE CYAWE Umubwiriza 3:2,12Hariho igihe cyo kuvuka n’igihe cyo gupfa, igihe cyo gutera n’igihe cyo kurandura ibikĹ«ri. Nzi yuko ari nta cyiza kiriho kibarutira kunezerwa, no gukora neza igihe ukiriho . ▶️Mu bihe byose ibisanzwe n’ibidasanzwe abizera bacamo,basabwa kubinyuramo gitwari …

ICYIGISHO CYO KU WA GATATU TARIKI 06-05-2020 TUGEZWAHO NA ALEXIS TUGIRIMANA Read More »