INTEGO Y’ICYIGISHO: Kumenya ibihe turimo.
INTANGIRIRO
Is yose amahanga yose, abakomeye n’aboroheje, abanyamadini, abanyapolitiki imiryango itandukunye ishyize imbere ikintu bits gushaka ubukungu.
Umwanya whose abakristo bawuta munsengero basaba guhabwa imigisha ishingiye ku butunzi.
Abasengera abantu munsengero babizeza ko bagomba kuza munsengero Imana Ikabaha umugisha, bagashira ubukene, ko ingumba zizabyara, abakozi bakabona promotion nibindi byinshi.
Imbuga nkoranyambaga zigisha abantu ko bagomba kwishyirahamwe bagahabwa amafr kugirango batunganye business zabo ariko ikibabaje nuko abo bigisha izo nyigisho bose batajya bigisha uko umuntu yakora ngo Imana imuhe ubwenge bwo gushaka ibyo acyeneye.
Abaroma 14:17
[17]kuko ubwami bw’Imana atari ukurya no kunywa, ahubwo ari ubwo gukiranuka n’amahoro no kwishimira mu Mwuka Wera.
Matayo 6:26
[26]Nimurebe ibiguruka mu kirere: ntibibiba, ntibisarura, ntibihunika mu bigega, kandi So wo mu ijuru arabigaburira na byo. Mwebwe se ntimubiruta cyane?
Matayo 21:22
[22]Kandi ibyo muzasaba mwizeye muzabihabwa byose.”
Ibyakozwe n’Intumwa 2:1
[1]Umunsi wa Pentekote usohoye, bose bari bari hamwe mu mwanya umwe bahuje umutima.
IZO NYIGISHO UMWUKA WERA AZIVUGAHO IKi MU RIYIMINSI?
[1 Yoahana 5:7-10
[7]kandi Umwuka ni we ubihamya, kuko Umwuka ari ukuri.
[8]Ibihamya ni bitatu: umwuka n’amazi n’amaraso, kandi ibyo bitatu birahuje.
[9]Ubwo twemera ibyo abantu bahamya ibyo Imana ihamya birabiruta, kuko ibyo Imana ihamya ari ibi, ari uko yahamije iby’Umwana wayo.
[10]Uwizera Umwana w’Imana aba afite uko guhamya muri we, naho utizera Imana aba ayise umunyabinyoma kuko atemeye ibyo Imana yahamije Ku Mwana wayo.
VA MU MWIJIMA NGWINO MU MUCYO UMWUKA WERA AKUMURIKIRE
Ibyakozwe n’Intumwa 2:1
[1]Umunsi wa Pentekote usohoye, bose bari bari hamwe mu mwanya umwe bahuje umutima.
Ibintu 10 ugomba ugomba gukora kugirango UMWUKA WERA agumane nawe.
1.Ugomba kwemera ubushake bw’Imana naho butahuza nibyo ucyeneye kuko Imana niyo izi byose kuri wowe.
2.Ugomba kwirinda inyigisho gukunda ibintu kubirutisha abantu (materialists) kuko bishobora gutuma Umwaka w’Imana yigendera.
- Ugomba kwirinda inyigisho z’ibinyoma zirimo gushaka amafr. Muburyo bunyuranyije n’ubwo Imana ishaka. Senga Imana iguhishurire icyo ukora who kwirirwa uzerera my byumba NGO bagusengere inyatsi zigende.
- Irinde abigisha bakubwira NGO nukora iki Niki niho uzahirwa. Babwire ko Imbere y’Imana nta condition ihari kuko Imana ivubira invura ababi nabeza.
- Irinde kwikunda no kwiharira sangira ninshuti ibyo ufite Imana izaguha umugisha kubyo wakoze.
- Igishe abantu gukora bakoresheje amaboko yabo kuko Satani agusha abantu abategeye gushaka ibitangaza bidafite ireme.
- Irinde kubwira abantu ko nibasenga gusa ariho Imana izabakorera ibitangaza bigishe gusanga bakora kuko Imana izaha umugisha imirimo y’intoki zabo.
8.Saba Imana iguhe UMWUKA w’ubwenge ufate mpiri ibitekerezo byo mu is I y’umwijima, kugirango ufashe abakiri mubujiji batereranwa n’umuraba munyanja yiyisi.
- Irinde kuba ingaruzwa muheto niyisi NGO igutegeke ibyo udashaka yibwire ko ufite ubwami ukoreramo utakwitandukanya nabo muriyisi Beira is I ko wamenye ko izarangira ugahitamo kubana nano mu ijuru rizahoraho.
- Senga buri munsi kandi usome ijambo ry’Imana uzashobozwa kubona ibitangaza byinshi mumibereho yawe Imana iguhe umugisha.