Jean Pierre NDAYISENGA

ICYIGISHO CYO KU WA KABILI 06-09-2022 TUGEZWAHO NA JEAN Pierre NDAYISENGA

YARARENGANYE ARIKO YICISHA BUGUFI Yararenganye ariko yicisha bugufi, ntiyabumbura akanwa ke amera nk’umwana w’intama bajyana kubaga, cyangwa nk’uko intama icecekera imbere y’abayikemura, ni ko atabumbuye akanwa ke.(Yesaya 53:7) Muri iki gice turabona intimba, imibabaro, agasuzuguro,… byose Yesu yikoreye akabyishyiraho afite impamvu imwe gusa: KUDUCUNGURA.Yemera kuturenganyirizwa, ariko kuko impamvu yari afite yari ikomeye, ntiyatezuka. Nagirango natwe …

ICYIGISHO CYO KU WA KABILI 06-09-2022 TUGEZWAHO NA JEAN Pierre NDAYISENGA Read More »

ICYIGISHO CYO KUWA MBERE 8/8/2022 tUGEZWAHO JEAN pIERRE

IYO ATABA UWITEKA… Amahoro bene Data, Uyu munsi ndabinginze ngo buri wese muri twe yitekerezeho uko Imana yagiye imurinda, imutabara mu bihe bitandukanye. Iyo ataba Uwiteka, ubu uba uri he, umeze ute? Ariko Uwiteka yarahabaye, dukwiye kumushimira. 26 Bukeye umwami w’Abisirayeli anyuze hejuru y’inkike z’amabuye, umugore aramutakambira ati”Ndengera, nyagasani mwami.”27 Aramusubiza ati”Uwiteka natakurengera ibyo kukurengera …

ICYIGISHO CYO KUWA MBERE 8/8/2022 tUGEZWAHO JEAN pIERRE Read More »

ICYIGISHO CYO KUWA GATATU 13/7/2022 TUGEZWAHO NA JEAN PIERRE

MUKUNDANE RWOSE Ibyo twakora byose nta rukundo, ntacyo byaba bimaze. Ariko niyo nta birenze twaba dufite ariko hari urukundo, Imana iba ihari. Pawulo yahuguye abaroma ababuza uburyarya ahubwo abashishikariza imirimo y’urukundo, kubahana ndetse no guhana agaciro. 9 Urukundo rwanyu rwe kugira uburyarya. Mwange ibibi urunuka muhorane n’ibyiza.10 Ku byo gukunda bene Data mukundane rwose, ku …

ICYIGISHO CYO KUWA GATATU 13/7/2022 TUGEZWAHO NA JEAN PIERRE Read More »

ICYIGISHO CYO KU WA KABILI 17-05-2022 TUGEZWAHO NA JEAN Jean Pierre NDAYISENGA

MWITINYA Biroroshye kubwira umuntu ngo: “Witinya” kandi ibimutera ubwoba bikiriho. Ikindi ni mu gihe umubwira ngo: “Witinya” kandi nta kintu kindi umukoreye cyamufasha. Ariko ijambo ry’Imana ishobora byose ritubwiye ngo twe gutinya, twari dukwiye kugira icyizere. Mose asubiza abantu ati”Mwitinya mwihagararire gusa, murebe agakiza Uwiteka ari bubazanire uyu munsi, kuko Abanyegiputa mwabonye uyu munsi mutazongera …

ICYIGISHO CYO KU WA KABILI 17-05-2022 TUGEZWAHO NA JEAN Jean Pierre NDAYISENGA Read More »

ICYIGISHO CYO KU WA KANE 21-04-2022 TUGEZWAHO NA JEAN PIERRE NDAYISENGA

NI NDE UZATURA KU MUSOZI WERA? 1 Zaburi ya Dawidi. Uwiteka, ni nde uzaguma mu ihema ryawe? Ni nde uzatura ku musozi wawe wera?2 Ni ugendera mu bitunganye agakora ibyo gukiranuka, Akavuga iby’ukuri nk’uko biri mu mutima we.3 Utabeshyeresha abandi ururimi rwe, Ntagirire nabi mugenzi we, Ntashyushye inkuru y’umuturanyi we.4 Mu maso ye umunyagisuzuguriro arahinyurwa, …

ICYIGISHO CYO KU WA KANE 21-04-2022 TUGEZWAHO NA JEAN PIERRE NDAYISENGA Read More »

ICYIGISHO CYO KU WA GATATU 06-04-2022 TUGEZWAHO NA JEAN PIERRE NDAYISENGA

MUKUNDANE Ndabaha itegeko rishya ngo mukundane nk’uko nabakunze, mube ari ko namwe mukundana.(Yohana 13:34) Gukundana ni ikintu kitworohera kucyigisha ni kukivuga. Ariko gukundana nyako ugasanga ntabyo. Yesu adusaba ngo dukundane nk’uko yadukunze hari ingingo zitunanira. Urugero: Gukunda abatwanga: Yesu we yakunze abamwangaga ndetse arabapfira. Gukunda abatabyitayeho: Yesu ntiyigeze ategereza ko abantu bamwitaho ngo bite ku …

ICYIGISHO CYO KU WA GATATU 06-04-2022 TUGEZWAHO NA JEAN PIERRE NDAYISENGA Read More »

ICYIGISHO CYO KUWA GATATU 16/3/2022 TUGEZWAHO NA JEAN pIERRE NDAYISENGA

TUYOBORWE N’UMWUKA Ndavuga nti”Muyoborwe n’Umwuka”, kuko ari bwo mutazakora ibyo kamere irarikira(Abagalatiya 5:16) Pawulo ahugura Abagalatiya muri iki gice cya 5, yabasobanuriye itandukaniro ry’abayoborwa na kamere n’abayoborwa n’ umwuka. Kamere ya muntu ikunda ibyaha kdi ikora ibyaha kdi nibyo bizarimbuza abatubaha Imana. Guhera ku murongo wa 19 w’icyo gice cya 5 cy’Abagalatiya kumanura bavuga neza …

ICYIGISHO CYO KUWA GATATU 16/3/2022 TUGEZWAHO NA JEAN pIERRE NDAYISENGA Read More »

ICYIGISHO CYO KU WA GATANDATU 29-01-2022 TUGEZWAHO NA JEAN PIRRE NDAYISENGA

UBUNTU TWAGIRIWE (IGICE CYA NYUMA)   Amahoro Bene Data,Mu gusoza icyigisho cyacu kivuga ku buntu twagiriwe nagirango dutekerereze hamwe aya magambo mbere yo gukomeza: 26 Umugaragu aramupfukamira aramwinginga ati ‘Mwami, nyihanganira nzakwishyura byose.’27 Shebuja aramubabarira aramureka, amuharira umwenda.28 “Ariko uwo mugaragu arasohoka, asanga umugaragu mugenzi we yagurije idenariyo ijana, aramufata aramuniga, aramubwira ati ‘Nyishyura umwenda …

ICYIGISHO CYO KU WA GATANDATU 29-01-2022 TUGEZWAHO NA JEAN PIRRE NDAYISENGA Read More »

ICYIGISHO CYO KU WA GATANU 28-01-2022 TUGEZWAHO NA JEAN PIERRE NDAYISENGA

UBUNTU TWAGIRIWE (IGICE CYA GATANU)   Amahoro y’Imana abe kuri mwe!Dukomeje ku cyigisho ku Buntu twagiriwe. Kubyibagirwa bitera guteshuka no guhemuka. Hariho abantu batangira neza ariko bagasoza nabi kubera nkwibagirwa cg kutazirikana ubuntu bagiriwe. Ibyo byateye agahinda Pawulo igihe byabaga ku Bagalatiya. Muri abapfapfa mutyo? Mwatangiye iby’Umwuka none mubiherukije iby’umubiri?(Abagalatiya 3:3) Muri iki gihe hari …

ICYIGISHO CYO KU WA GATANU 28-01-2022 TUGEZWAHO NA JEAN PIERRE NDAYISENGA Read More »

ICYIGISHO CYO KU WA KANE 27-01-2022 TUGEZWAHO NA JEAN PIERRE NDAYISENGA

UBUNTU TWAIRIWE (IGICE CYA KANE) Amahoro bene Data,Dukomeje kuganira ku buntu twagiriwe. Nibi byo gusangira ijambo ry’Imana rya buri munsi ni ubuntu twagiriwe. Kuko umunsi bizaba bidashoboka benshi bazabyifuza, babishakane umwete kdi bidashoboka. Dore iminsi izaza, ni ko Uwiteka Imana ivuga, nzateza inzara mu gihugu, ntizaba ari inzara y’ibyokurya cyangwa inyota yo gushaka amazi, ahubwo …

ICYIGISHO CYO KU WA KANE 27-01-2022 TUGEZWAHO NA JEAN PIERRE NDAYISENGA Read More »