NIWITWARA NEZA MUMUHAMAGARO WAWE UWITEKA NTACYO AZAGUHISHA.
[17]Uwiteka aribaza ati “Aburahamu namuhisha icyo ngiye gukora?
👉🏼Iri Jambo naraye ndisonye nsanga Koko iyo Witwaye neza Imbere y’Imana , burya Imana ntakintu nakimwe yaguhisha niyo haba mubaturanyi bawe burya Uwiteka Ntakintu yagushisha,mubintu byose bigiye kuzakubaho Nuba Inshuti n’Imana Uwiteka ntacyo azaguhisha ahubwo azahita abikimenyesha.
1️⃣ Ongera ugirane ubumwe n’Imana
👉🏼Iyo usomye neza igice cya 12 cyo mu gitabo cy’ Itangiriro usanga Uwiteka yarahamagaye Aburahamu akamubwira ati Va👉🏼 Nkuko nawe Uwiteka yakugiriye ikizere akabona bitakoroheye akaguhamagara Ngo VA muri ibyo byaha ,nawe utazuyaje ugahita uva aho waruri ugasanga Uyu Mwami.
Uyu Aburahamu aza kugirirwa neza n’Imana ,arakizwa aramaramaza,
Kuko Uwiteka yamukundaga bakanjya bavugana,bakaganira.
👉🏼Twasomye IJAMBO riratubwira Ngo Uwiteka aribaza ati :Aburahamu namuhisha icyo Ngiye gukora❓
Kuki Uwiteka asigaye aguhisha icyo agiye gukora Kandi Kera Yaranjyaga agusura mukiri Inshuti mukaganira❓
👉🏼 Abantu beshi bagiye mubahanuzi Ngo banjye kumva icyo Imana igiye gukorera aha hantu😄😄😄
Bahanuzi weeee musigaye muhanura kugirango muronke indamu,
Mufite akaga pe😭😭😭
Ukagirayo Abantu Ngo ugiye kubasengera,ugiye kubagirayo😄😄😄
Sinzi niba nawe unjya wumva abo Bantu 😭😭
Unjye wibaza Ngo Kuki Uwiteka yavuze Ngo nubwo Sodomu igiye kurimbuka ariko reka ngere Kwa Aburahamu simuhishe ibigiye kuba❓
Ese Njye nawe Uwiteka anjya Adusura akatuganiriza akoresheje uburyo bwinshi anjya aganirizamo Abantu bacu ukumva Koko Ari we❓
[18]Kuko Aburahamu atazabura guhinduka ubwoko bukomeye bw’ubunyamaboko, kandi amahanga yose yo mu isi azaherwa umugisha muri we.
[19]Kuko icyatumye mumenya, ari ukugira ngo ategeke abana be n’abo mu rugo rwe bazakurikiraho, gukomeza mu nzira y’Uwiteka, bakora ibyo gukiranuka baca imanza zitabera, kugira ngo Uwiteka azanire Aburahamu ibyo yamuvuzeho.”
[20]Uwiteka aravuga ati “Ubwo gutaka kw’abarega i Sodomu n’i Gomora ari kwinshi, ibyaha byaho bigakabya cyane,
👉🏼 Nshuti yanjye Ese Koko murinzi weee ijoro rigeze he? Ese ubu Koko nturi kugendera kubyo abahanuzi baguhanuriye rimwe narimwe bakakubwira ibitazasohora❓
Nsoza nagusabaga Kongera Kuba Inshuti y’Imana Uwiteka Mukaganira akagira icyo akubwira ntagire icyo aguhisha.
Icyampa Uwiteka akongera kudusanga tukaganira Kandi pe akatwisangira kugiti cyacu ntagire icyo aduhisha .
Ongera Ukore neza Umuhamagaro wawe maze urebe ko Uwiteka hari icyo aguhisha.
Zinduka nkuko wanjyaga uzinduka Kera unjya kumurimo wayo Uwo ariwo wose, urebe ko mutaganira N’Uwiteka akagira ibyo aguhishurira.🙌🏼🙌🏼🙌🏼🙌🏼
Imana ibahe Umugisha