NTACYO WAMUBURANYE
“Yewe bwoko bwanjye nakugize nte? Icyo nakuruhijeho ni iki? Ukimpamye.
(Mika 6:3):
BENEDATA mubuzima bwite bwa muntu kunyurwa bigora benshi .ariko umunyarwanda yise umwanawe “HANYURWAIMFURA”. Kandi ijambo ry’IMANA riravugango abera b’UWITEKA nibo mfura y’ishimira .ubu buzima benshi tunyuramo bugenda budusigira experiences nyinshi zitandukanye .iyo ari ibidukomereye mubuzima bamwe bivasigira ibikomere n’ihahamuka kukigero runaka byaba IBYIZA bikabaremamo icyizere no kubakomeza.. ariko burya byose bifatanyiriza hamwekutuzanira ibyiza.
📖hari ikinanira UWITEKAse ?mugihe cyashyizweho:(INTANGIRIRO:18:14). numbwo bimeze bityo bwose yego ibyo urivgucamo hari ubwo ubona birenze uko wabitekerezaga nk’umwana w’umuntu .ariko ntukirengagize ko burya.IDUCUNDA IDUSHAKAMO AMAVUTA.ARIBWO BUHAMYA BW’EJO HAZAZA🙌🏿🙌🏿. gusa mugihe gikwiriye ijya irengera uwayo . 🍇burya imbuto z’umugisha kenshi tuzisoroma kugiti 🌳cy’umuruho. ibyo bituma tudacika inege .kuko iyo twibutse ko ibyo yatubereyemo byari bikomeye kuruta ibyo duhagazemo ubu .n’ukuri ntanakimwe wamuburanye.ahubwo burya aduha ibidukwiriye kandi mugihe nyacyo.ntampamvu yo kwiheba rero . 🎚NUKURI NTACYO twamuburanye. 📍twari inzahare ..ntiwirengagize ko aka gahenge k’ubu buzima urimo ari ubuntu ugeretse kubundi. 📍bara iyo migisha ntusige n’umwe . bizatuma utongera kwiganyira kuby’ejo hazaza .
NB:igihe cyose uzabaho utanyurwa n’iby’uwiteka yagukoreye mubihe byashize.kwizera ko ari Imana ishobora byose ntibizakorohera . 🎚twabajijwe ngo icyo nakuruhije n’iki ukimamye ?. MUGIRE UMUNSI MWIZA .YARI MWENE SO EV .NDATIMANA JMV