Icyigisho cyo kuwa Le 26/7/2018

 

Mugezwaho

JMV

NDABASUHUJE NSHUTI Z’UMUSARABA DUSANGIYE GUCUNGURWA N’AMARASO Y’UMWAMI WACU YESU KRISTO

KANDI NONGEYE GUSHIMA IMANA YONGEYE KUMPA UMWANYA KUGIRA NGO TUGANIRE IJAMBO RY’IMANA

Reka dusome ijambo
Kuva 3:3-6
Mose aribwira ati” ntambike,ndebe iri shyano ruguye ,menye igituma igihuru kidakongoka.”
4-Uwiteka abonye Yuko atambikishwa no kukireba,Imana imuhamagara iri hagati muri icyo Gihuru ,iti ”Mose,Mose.”
Aritaba ati ”Karame.”
5-Iramubwira iti”Wikwegera hano kandi kwetura Inkweto mu birenge byawe kuko Aho uhagaze Aho ari ahera.”
6-Kandi iti“Ndi Imana ya So Imana ya Aburahamu ,Imana ya Isaka ,Imana ya Yakobo.”Mose yipfuka mu maso ,kuko atinye kureba Imana.

Uyu Mose murabizi
Uburyo yavutse agakura mibitangaza by’Imana
Nuko amaze gukura asanga bene wabo abona uburetwa barimo
Nuko

Aza kubona umunyegiputa akubita Umuheburayo nuko Mose yica Uwo munyegiputa a
muhisha mumusenyi

Ariko.Uwiteka.aramubona
Nabandi

Yarakebaguje yibwira ko ntawe umurora
Ninkuru ndende ariko
Twihuse .
Kuko byamenyekanye Farawo yabimenye
Nko Mose ahungira Imidiyani .

Mbese Intego nyamukuru Y’Ijambo twasomye haruguru
Nuburyo Imana yigaragariza mu Ishyano

Mose aribwira ati REKA nkomeze ntambike ndebe iri shyano kandi ko mbona igihuru kidakongoka

Nuko Mose aragiye Umukumbi Yetiro Sebukwe ashaka kujya ku musozi w’Imana Horebu

Nibwo muri urwo Rugendo yabonaga Ishyano Imbere ye?
Ariko Mose ntiyasubira Inyuma ahubwo aregera.

Uziko natwe muri Iyi nzira Ijya mu Ijuru buri Wese agira Ishyano rye ariko usabwa kuryegera kuko mukwegera harimo kubona Imana
Uziko Mose yayiboneye mu Ishyano
Imana ikamuhamagara iti Mose akitaba Ikamubwira ati wikwegera banza Ukweture kuko Aho.ugeze ari Ahera.
Uziko muri Iyi minsi abantu babuze kwegera
Ahubwo bitewe n’Intege nke bashaka gusubira inyuma
Ndagutangariza ko muri Iyi nzira buri wese agira Ishyano rye niyo mpamvu kuryegera ariko kubona Imana
Kandi burya Imana ireba ishyaka n’Umuhate no kudatinya bigatuma ikwiyereka ikakweza maze ibyaha wakoze ntawe ukureba bigatuma Ikweza
Uziko Iminsi y’Imperuka itumye abantu badatambikishwa no kwegera Ishyano ryabo maze ngo Uwiteka yiheshe Icyubahiro ahubwo bacitse ururondogoro Ngo Ubutayu buratwishe kandi dusabwa kwegera kugirango Imana tiyibone
Kuko burya Inzira Igera ku Mana ni Ubutayu
Uziko Iyo Usomye Daniel 6:12.

Uziko Daniel bamushatseho Impamvu yatsindisha Daniel bamuburaho Impamvu Cy Igicumuro kuko Daniel yari Umwiringirwa
Nuko bayibuze bamutegera ku Mana ye
Uziko Daniel yahuye n’Ishyano kubera Iminsi 30 bari bashyizeho Ngo umuntu wese uzagira icyo asaba atagisabye mu izina RYA Dariyo azajugunywe murwobo rw’intare
Nuko kuko
Daniel nta Mutima umurega Ikibi yari afite bituma atinyuka ati.mwatinze ahubwo mugire Vuba negere

Nubwo ntabisomye muri Bible ariko umwuka umbamo Niko ampishurira
Bafata icyemeze bamuta murwobo rw’Intare ziravuga ati karibu turakuzi ko ubabwamo n’Imana yera
Uziko kutegera ari bibi Cy kwisobanura amakuba akugezeho Ishyano riguye ahubwo usabwa kwegera maze ugakwetura Ukabona Imana
Nuko Abagambaniye Daniel
Dariyo mubazane wasanga zavuyemo.amenyo
Maze bo.zibasamira mu kirere
Uziko.Meshake.Saduraka na Bedenego babonye Imana mu Ishyano ryennyegejwe 7 maze bakavamo ari bazima
Ahubwo Ibirimi by’Iryo shyano ryaka bigafata ababajugunyemo

Turakomeza ku mugoroba ariko
Ukomeze wegere Ishyano ryawe Ishyano ryaba ideni Cy akarengane Cy kwangwa Cy kugumirwa Cy Urugo rwakunaniye Cy Ibyaha byakunaniye kubireka muyandi magambo nibyinshi

Kandi burya twitonde Iyo amakuba aje nibwo dusabwa kuyasatira nubwo biba bitoroshye ariko burya Imana ntibonerwa mukurya no kunywa ahubwo n’Igihe ubona Imbere yawe hari Ibigeragezo bimeze nk’Umuriro waka utazima
Hamwe no kwegera
Uzabona
Imana
Amen

Leave a Comment

Your email address will not be published.