ThEME :TWIRINDE KWIYANDUZA
📖👉🏼Daniel 1:4 Nuko umwami ategeka Ashipenazi umutware w’inkone ze, kuzana abana b’abasore bamwe bo mu Bisirayeli bo mu muryango w’umwami, n’ab’imfura,
📖👉🏼 Daniel 1:4 batagira inenge, ahubwo b’abanyaburanga, b’abahanga mu by’ubwenge bwose, bajijuka mu byo kumenya, b’ingenzuzi mu by’ubwenge, kandi batinyuka guhagarara mu nzu y’umwami, kugira ngo abigishe ubwenge bw’Abakaludaya n’ururimi rwabo.
Nuko umwami abategekera igaburo ry’iminsi yose rivuye ku byokurya by’umwami, n’umusa wa vino umwami yanywagaho, kandi ngo babarere imyaka itatu nishira babone guhagarara imbere y’umwami.
👉🏼Nshuti Bavandimwe nifuje ko tuvuga kurikikintu cyivuga kwirinda kw’iyanduza kuko abantu twese nagirango mbibutse ko dutuye ibaburoni kandi Umwami w’ibaburoni ni Nebukadinezari muyandi Magambo dutuye mu isi kandi UMWAMI w’isi ni Satani nzineza ko ntakubishidikanyaho .
Ikindi kintu nababwira nuko kubera ibyiza Imana igenda itugirira umunsi kumunsi yaduhinduye abanyabwenge kuburyo bwose. Mbizeza ko kwisoko ry’Umuriro dukenewe kandi Pe turaho kwifuzwa.
Gusa nshuti zanjye nubwo dukenewe ariko twibuke ko turi Abayuda.
Nubwo rero abayuda ari benshi kandi bakoze neza nifuje ko tuvuga kuri Daniel.
Daniel uyu Bibiliya iratubwira ko yageze I Baburoni akiri muto 😁😁Nkuko njye nawe twahageze tukiri bato😁😁
📖👉🏼 Daniel 1:5 Nuko umwami abategekera igaburo ry’iminsi yose rivuye ku byokurya by’umwami, n’umusa wa vino umwami yanywagaho, kandi ngo babarere imyaka itatu nishira babone guhagarara imbere y’u mwami.
📖👉🏼❓Daniel 1:6 Muri abo bana b’Abayuda harimo Daniyeli na Hananiya, na Mishayeli na Azariya.
Nabamenyeshaga ko muri abo bana bisanze baba I Baburoni harimo uyu Daniel nagusabaga ko Daniel wamusimbuza wowe cg njyewe ❗⚠
Nkwibutsa ko Daniel mubintu byose yakoraga harimwo no guharanira kwirinda k w’iyanduza.
Ese nikuki Abakristo bo muri iyi minsi bageze ibaburoni bagatangira kwiyanduza❗❓😭😭😭
Nukuli Imana yaba zanye aho ngaho mukorera mutagira inenge Mwari beza pe :
soma neza Daniel 1:4
1⃣Inenge ✅
2⃣Nukuli warufite Uburanga.
3⃣Warufite ubwenge bwose😭😭😭nukuli nawe urabizi ko watsindaga cyane mbese watinyaga icyaha nigisa nacyo.
4⃣Nukuli mubyo Kumenya warinjijuke
5⃣Waragenzuraga cyane muby’ubwenge😁😁muri make ntacyapfaga kukwanduriza ikanzu😭😭
6⃣Waruzi gutinyuka.
None wafashwe bugwate ibintu byarakomeye.
Ibi nta byinshi mbivugaho ariko bitewe n’uburyo umerewe i baburoni niwowe uzi uko uri kwitwara niba uri kwirinda k w’iyanduza cg se niba hari bimwe mubintu byatumye wiyanduza kubera ubwenge bw’Umwami w’ibaburoni bwa kuyobeje bigatuma w’iyanduza gerageza aya n amahirwe tugize kuburyo twa kongera tukisuzuma kugirango dukomeze tube ibaburoni ntakizinga dufite.
Nusoma neza Daniel 1:5 urahasanga uburyo Nebukadinezari bimwe mubintu bikomeye yashakaga gufatisha ba Daniel harimwo n’IGABURO😭😭
Yaya ayaaaaaaaaaaaaa
IGABURO.yoooooooo😭😭😭Ritumye abantu benshi babura ubugingo.
Kukintu Kitwa igaburo turi kwitwara nabi😭😭😭ryatumye twiyanduza ariko ndi kwifuza ko twakwiyeza.
Tukaba nka Daniel😭😭
Daniel 1:8 Maze Daniyeli agambirira mu mutima we kutaziyandurisha ibyokurya by’umwami cyangwa vino yanywaga, ari cyo cyatumye yinginga uwo mutware w’inkone kugira ngo atiyanduza.
Mbese Nshuti yanjye aho ntiwagambiriye gukora nabi kubera ibyo kurya by’I Baburoni❓
Mbese Niba wariyanduje urumva utaratannye murugendo❓😭😭
Mbifurije kuba intwari nka Daniel kandi Daniel kumunsi w’urubanza azadushinja.
Imana ibahe umugisha nahanimugoroba.